Print

Inzu yaguye ku mugabo n’umugore baryamye

Yanditwe na: Muhire Jason 17 April 2018 Yasuwe: 2350

Umuyobozi w’umudugudu batuyemo muri Uganda yabwiye Police ya Uganda ko nawe yahamagawe iyarubika mu gitondo abwira ko Namutebi ndetse na John baguweho n’inzu gusa ubwo bahageraga bafatanyije n’abaturanyi gukiza ubuzima bwabo, gusa byabaye iby’ubusa kuko basanze bashizemo umwuka kera.

Umuyobozi ushinzwe umutekano yavuze ko inzu bari batuyemo nayo yari yarangiritse cyane ku buryo byari byoroshye ko imvura yayigusha ari nayo ntandaro yo kuba inzu yasenyutse kubera ikibazo cy’uko itarikomeye igisenge .