Print

Amafoto y’abagore 2 bafatanywe igikapu bibye cyuzuye akayabo k’amafaranga akomeje kubica hirya no hino

Yanditwe na: Martin Munezero 19 April 2018 Yasuwe: 7078

Irebere nawe amafoto ari guca ibintu y’abagore 2 bafashwe bamaze kwiba igikapu kirimo akayabo k’inoti, bo mu gihugu cya Niger mu m ujyi wa Onitsha, maze abashinzwe umutekano muri aka gace ku nyubako ihari ya Bethel Plaza barabighaniza barabahondagura karahava.

Ubwo rero aba bagore bo mu mujyi wa Onitsha muri Niger bageraga ku muhanda uru hafi y’inyubako ya Bethel Plaza, ari naho abashinzwe umutekano babacakiriye bamaze kwiba igikapu cyuzuyemo amafaranga, babahase igiti izuba riva banabambika ipine y’imodoka bababwirako bagiye kubatwika, gusa ku bw’amahirwe ntibabibakorera batabwa muri yombi nyuma yo kugirwa intere, bakiyemerera imbere y’imbaga ko batazongera gukinisha kwiba.




Comments

BIGIRIMANA 19 April 2018

Ariko ibintu nkibi kuki biba koko?
Kwihanira numuco mubi ukwiye gucika kwisi hose.
abagize bano bantu gutya nabo bakwiye guhanwa pee.