Print

Umusaza uba mu muferege w’amazi yababaje benshi kubera ubuzima abayemo [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 19 April 2018 Yasuwe: 2939

Uyu mugabo witwa Victoriano Mansano ukomoka mu mugi wa Kidapawan muri filipine,yatawe n’umuryango we ubwo yari ageze mu za bukuru ahitamo kujya kuba mu muferege ucamo amazi byatumye benshi bababazwa n’imibereho ye bamusabira ubufasha.

Uyu musaza yafashe uru ruhombo arujyana mu ishyamba hafi y’ishuli ryo muri uyu mugi kugira ngo abashe kubona uburyo asabiriza ndetse nibyo bimutunze.

Abagiranze batangiye gushing amatsinda yo gufasha uyu mugabo uri mu buzima bubabaje bwo gutereranwa n’umuryango we.