Yagiye ati “Nanjye uwanjye nzamuca inyuma.Biri mu bitekerezo no mu migambi. Umuntu ntaguha umwanya,ngo ni akazi ka buri munsi umwaka umwe ugashira ibiri itanu...umuntu akubwira cheri cg Ndagukunda ari uko mubanje gutongana.
Igitangaje ni uko abona umwanya wo kujya Kuri chat”.
Kuba umuntu aguha amafaranga ntibihagije.Mbona Abafite uko babayeho biciriritse bubahana kurusha abagabo bitwa ngo barakize.
Nzamuca inyuma Kandi nzabanza mbimubwire.Nako ntiyumva mpora mbivuga buri munsi akigira ntibindeba.
Wampaye number yawe se nkajya nkuba hafi uko bikwiye ko numva ari idebe dore izanjye 0790291617
Wasanga
Utamuhakeya
Ahubwobanza
Urebe
Impamvu
Ibimutera
Nugahubuke
Umuhekeyaziruta
Izowamuhaga
Ibo
Ushaka
Azabigukorera
Uzabanze umwandikire ibaruwa imusobanurira byose uzayandike nikaramu uyimuhe nuranyiza utegereze uko bizagenda nibyanga uzamukosore