Print

Tanzania: Umusore yibye umufuka wanga kumuva ku mutwe [AMAFOTO]

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 5 May 2018 Yasuwe: 4834

Uyu musore yitwa Frank Buhet yahawe urwamenyo nyuma yo kwivugira ko yibye uyu mufuka.

Yageze iwe aryama hasi nabyo umufuka wanga kumuvaho. Yagerageje byose abonye yanze yijyana kuri polisi yizeye ko polisi imufasha uwo mufuka ukamuvaho.

Ageze no kuri polisi nabwo uyu mufuka wanze kumuvaho gusa afite ikizere ko polisi imufasha ikamuhuza n’ uyu mukecuru nyiri umufuka.



Comments

paul 7 May 2018

Ubanza mazina nawe ukorera satanic nigute wakwandi satanic munyuguti nkuru ukandika IMANA munyuguti ntoya?


mazima 5 May 2018

@mazina
Ndabona Imana yawe nawe itangizwa na i ubanza nayo ari dayimoni


mazima 5 May 2018

Ndabona Imana yawe nawe itangizwa na i ubanza nayo ari dayimoni


Mazina 5 May 2018

Ngiyi gihamya yuko ABADAYIMONI na SATANI babaho.Mujya mubona abantu barya inzembe ntibapfe,abafata imodoka ntizive aho ziri,etc...Ni imbaraga z’abadayimoni.Ntimukibaze impamvu ibi bishoboka.Abadayimoni bariho.Yesu ubwe akiri ku isi,yajyaga abirukana.Hanyuma avuga ko SATANI ariwe Chef w’iyi si (Yohana 12:31).Nicyo gituma mubona intambara nyishi ku isi,Abaslamu bituritsa bakica abantu,ubusambanyi bukabije,ubujura,etc...SATANI kandi akoresha cyane amadini.Urugero,kurya amafranga y’abantu kandi Yesu yaradusabye gukorera imana ku buntu (Matayo 10:8),kwivanga muli politike.Urugero,amadini y’i Burundi abwira Nkurunziza ko ari imana yamushyizeho.Ikindi abanyamadini babeshya abantu ko imana yaberetse (ubuhanuzi),etc...