Uyu mugore yagize ati “ Ingona yavumbutse mu mazi icamo kabiri akaboko kanjye.”
Yakomeje abwira daily Herald dukesha iyi nkuru ko iyo ngona yamanyuye ubwato barimo bugatangira kudigadiga .
Ati “Ibi byose byahise bihinduka, ingona yaragarutse irankurura inta mu mazi fiancé ahita ayikubita ubwo yari yamfashe mu rukenyerero”
Nyuma y’ iyi nzira y’ umusara fiancé yampaye ubutabazi bw’ ibanze ahamagara kajugujugu injyana kwamuganga banca ukuboko.
Uyu mugore avuga ko ibyamubayeho n’ uburyo umukunzi we yamutabaye, akanemera gushyingiranwa nawe yamaze kumugara ari ikimenyetso cyo kubana mu byiza n’ ibibi nk’ uko isezerano ry’ abagiye kubana nk’ umugore n’ umugabo rivuga.
birababaje ariko nyine urwo nirwo rukundo kabisa.
demeye,urukundoruracyariho