Print

Umuhungu n’umukobwa bafashwe amashusho bagiye gusambanira muri Restaurant

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 23 May 2018 Yasuwe: 3265

Aba bombi bakigera muri iyi Restaurant batumije ibyo kurya gusa gutegereza birabarambira niko gutangira gukorakorana ndetse banasomana nk’abagiye gukora imibonano mpuzabitsina, bibabaza benshi mu bakiliya barimo umugore wari kumwe n’abana bato batangira kwisohokera no kubavugiriza induru.

Uyu mukobwa wakoranaga ku myanya y’ibanga n’umusore,amabere ye yagiye hanze

Ubwo uyu muhungu n’umukobwa bari bageze kure bakorakorana,umukobwa yaje gukuramo imyenda amabere ye ajya ku karubanda abakozi b’iyi Restaurent bareba.

Umwe muri aba bakozi yatangaje ko babonye aba bombi binjira niko gutangira gukora ibiteye isoni imbere ya rubanda ndetse avuga ko babangamiye abakiliya,bituma babasohora hanze kugira ngo bagarure umutekano.

Ubwo ikinyamakuru The Sun dukesha iyi nkuru cyavuganaga n’umuvugizi wa McDonald’s, yagitangarije ko aya mahano yabereye ku ishami ry’iyi restaurant riherereye ku muhanda wa Oxford muri Gashyantare umwaka ushize ndetse bagiye kujya bitondera ibikorwa bimwe na bimwe by’abakiriya babo.