Mu gihugu cya Ghana umuryango uri mu byishimo bidasanzwe nyuma y’ igihe kinini barabuze urubyaro gusa kuri ubu bakaba barabyaye umwana kuri ubu akaba ari gukura usa na Pasiteri wabasengeeye kugirango bazabyare mu gihe bo babifata nk’umugisha abandi akavuga ko Pasiteri ashobora kuba yarihaye akabyizi mu ibanga.
Umunyamidelikazi kim kardashian yashyize hanze ifoto yambaye nkuko yavutse.
Reba amwe mu mafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook ndetse na Instagram .
Katyucia Hoshino na Paulo Gabriel da Silva Barros umugore ndetse n’umugabo bagufi ku isi bakomeje kwishimira urukundo rwabo aho kuri ubu basigaye basohoka bakajya kurya ubuzima mu rwego rwego rwo kwishimira imyaka ibiri bamaze bakoze ubukwe.
Umuhanzi Emmy biravugwa ko yateye gapapu mugenzi we Peace akamutwara uwari umukunzi we mu ibanga.