Print

Nyampinga Dushimimana Lydia yanyereye kuri sima yikubita hasi

Yanditwe na: Muhire Jason 24 May 2018 Yasuwe: 3932

Dushimimana Lydia ni umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Nyampinga w’ u Rwanda 2018 ubwo yaganiraga n’ itangazamakuru yabajijwe ibibazo bitandukanye birimo niba yarigeze asebera imbere y’abantu asubiza ko byamubaye uubwo yikubitaga hasi akiga mu mashuri yisumbuye ubwo yaravuye gifata ifunguro n’abandi banyeshuri .

Yagize ati “ yego narasebye nyiga muri Secondary nigeze kunyerera aho dufatira ifunguro imvura yari yaguye nkubita hasi “

Abajijwe icyatumye agwa yasubije ko byatewe na Sima yari yanyereye niko guhita nawe imunyereza yikubita hasi gusa ngo ahaguruka afite isoni nyinshi kubera ibimubayeho mu masegonda macye dore ko icyo gihe nacyo yabaye .