Isi yose itegerezanyije amatsiko umukino wa nyuma uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid,uzabera I Kiev aho mu bafana b’aya makipe hazaba harimo abagore b’abakinnyi bazakina uyu mukino.
UMURYANGO wabateguriye amafoto ya bamwe mu bagore n’abakunzi b’abakinnyi bazakina uyu mukino umaze iminsi wbazwaho byinshi na benshi mu bakunzi ba Ruhago ku isi.
Liverpool
Ianthe Rose-Loris Karius
Larissa Pereira-Roberto Firmino
Rachel Roberts-Andrew Robertson
Rike Nooitgedagt-Virgil van Dijk
Georgia Gibbs-Danny Ings
Real Madrid
Georgina Rodriguez-Cristiano Ronaldo
Sara Salamo-Isco
Izabel Andrijanic-Mateo Kovacic
Adriana Pozueco-Theo Hernandez
Anna Mariana Casemiro-Casemiro
Bose ni beza kabisa.Ikibabaje nuko nta numwe muli bo wateye igikumwe.Bibanira mu buryo bwo kwishimisha gusa.Bityo bagasuzugura imana yaturemye,itubuza gusambana.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nibyo bita “Spiritual Myopia”. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abaroma 6:23.