Print

Reba amafoto ya bamwe mu bagore n’abakunzi b’abakinnyi ba Real Madrid na Liverpool bazashyigikira abagabo babo ku munsi w’ejo [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 25 May 2018 Yasuwe: 5413

Isi yose itegerezanyije amatsiko umukino wa nyuma uzahuza ikipe ya Liverpool na Real Madrid,uzabera I Kiev aho mu bafana b’aya makipe hazaba harimo abagore b’abakinnyi bazakina uyu mukino.

UMURYANGO wabateguriye amafoto ya bamwe mu bagore n’abakunzi b’abakinnyi bazakina uyu mukino umaze iminsi wbazwaho byinshi na benshi mu bakunzi ba Ruhago ku isi.

Liverpool
Ianthe Rose-Loris Karius


Larissa Pereira-Roberto Firmino


Rachel Roberts-Andrew Robertson

Rike Nooitgedagt-Virgil van Dijk

Georgia Gibbs-Danny Ings


Real Madrid

Georgina Rodriguez-Cristiano Ronaldo


Sara Salamo-Isco

Izabel Andrijanic-Mateo Kovacic

Adriana Pozueco-Theo Hernandez

Anna Mariana Casemiro-Casemiro


Comments

Mazina 26 May 2018

Bose ni beza kabisa.Ikibabaje nuko nta numwe muli bo wateye igikumwe.Bibanira mu buryo bwo kwishimisha gusa.Bityo bagasuzugura imana yaturemye,itubuza gusambana.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.Nibyo bita “Spiritual Myopia”. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abaroma 6:23.