Print

Uwamariya wakoraga muri UR yatorewe kuyobora akarere ka Huye by’ agateganyo

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 4 June 2018 Yasuwe: 2431

Uwamariya Veneranda yari umukozi muri Kaminuza y’u Rwanda ishami ry’ ubuhinzi n’ ubworozi CAVM akorera mu karere ka Huye.

Tariki 31 Gicurasi ni bwo inama njyanama y’ akarere ka Huye yatereye icyizere uwari Umuyobozi w’aka karere, Muzuka Eugène; Mutwarasibo Cyprien n’ uwari Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe ubukungu na Niwemugeni Christine wari ushinzwe imibereho myiza y’abaturage bakuwe kuri iyo myanya.