Print

Sarah yatangaje ko ababajwe cyane nuko umugabo we afite igitsina kigufi ku isi [Photo+Video]

Yanditwe na: Muhire Jason 13 June 2018 Yasuwe: 6760

Mu mashusho uyu mugore yashyize hanze yavuze ko afite umugabo akunda kandi umuha buri kimwe nyenerwa birimo imodoka nziza , inzu nziza yo kubamo , ndetse bakaba bafitanye abana gusa ngo ababazwa cyane nuko umugabo we afite ubugabo bugufi cyane agereranyije n’abandi bagabo bagiye ahura nabo mu gihe yari umukobwa atararongorwa .

Yagize ati “ Nitwa Sarah mfite imyaka 28 y’amavuko ,maze imyaka 10 nshakanye n’umugabo wanjye , mfite abana beza ,mfite umugabo mwiza ndetse uma buri kimwe nyeneye birimo inzu nziza imodoka ihenze aho nashobora kuntenga buri kimwe ankorera , gusa mfite ikibazo kinkomereye [..]umugabo wanjye afite igitsina kigufi ku isi yose , ibi birambangamira cyane kuko najya mbasha gushimishwa n’ingano y’ igitsina cye … ese ubu nzakore iki ?

REBA AMASHUSHO: