Aba bombi basambaniye ku karubanda bafotorwa n’umugabo witwa Mark Higgins wavuze ko uyu mugore n’uyu mugabo basaga n’abakina amasiganwa azwi muri iki gihugu yitwa “wheelbarrow”.
Uyu munara w’amateka aba bombi bafotowe bari gusambaniraho,wubatswe mu kinyejana cya 19 mu myiteguro y’imikino Olempike n’umunsi mukuru w’umwamikazi wiswe “Queen’s Diamond Jubilee”.
Uyu mugabo wabafotoye yavuze ko byari bisekeje kubona abantu bakuze basambanira ku karubanda,ku manywa y’ihangu aho yavuze ko yasetse bikamurenga.
Abaturiye aka gace banenze imyitwarire mibi y’uyu mugabo n’uyu mugore kubera ko bakoreye amahano ku gicumbi cy’amateka y’aka gace.
Ubusambanyi ni business ikorwa n’abantu benshi ku isi mu rwego rwo kwishimisha.Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko kandi ntidutandukane.Millions and millions z’abantu,ntabwo bazi ko gusambana ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abaroma 6:23.