Print

Nyampinga watorewe kugira ikibuno cyiza yifotoje amafoto menshi yambaye ubusa mbere yo kwerekeza mu kazi ko gusesengura imikino y’igikombe cy’isi [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 18 June 2018 Yasuwe: 6201

Uyu mukobwa ugomba kurira indege yerekeza mu Bwongereza kuri Brazilian TV mu kazi ko gusesengura imikino y’igikombe cy’isi,yatangaje benshi ubwo amafoto ye yambaye ubusa yasohokaga mu binyamakuru bizwi nka Playboy bikunze gusohokamo amafoto yambaye ubusa.

Uyu mukobwa uzwi nk’umufana ukomeye wa Brazil yavuze ko aya mafoto ari ayo kuyifuriza intsinzi ndetse yemeje ko Philippe Coutinho ariwe uzaheka Brazil mu gikombe cy’isi aho kuba Neymar nkuko bamwe babikeka.

Suzy w’imyaka 28 yabwiye abanya Brazil ko Neymar adakwiye kugenderwaho mu ikipe y’ighugu kuko we ikimugira umuhanga ari imbuga nkoranyambaga,ntacyo amarira Brazil.

Suzy yibukirwa cyane ku mafoto y’urukozasoni yoherereje Lionel Messi amubwira ko amukunda ndetse ari umufana we biteza umwuka mubi hagati ye n’umugore we byatumye Messi amukura mu bantu bamukurikira.






Comments

gatare 19 June 2018

Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Uretse ko nyine bibahesha amafaranga,babyita ngo ni boyfriend/girlfriend.Ntabwo ari byiza kwanika amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Ikibabaje nuko abasore n’abagabo nyamwinshi baba bashaka kureba abakobwa bambara ubusa.Ntabwo bazi ko imana itubuza gukomeza kureba abakobwa n’abagore,kugirango bitatugusha mu busambanyi.Bisome muli Matayo 5:28.Ni icyaha gukomeza kubareba.Imana ishaka ko twigana YOBU.Ntabwo yitegerezaga abagore (Job 31:1).Abantu bakora ibyo imana yanga,ntabwo bazaba muli paradizo dutegereje.Kandi abantu bakora ibyo imana yanga kubera gushaka kwishimisha no gukira,nibo benshi mu isi.Ntimugashidikanye ko isi izaba Paradizo.Abenshi mwibwira ko bidashoboka.Nubwo ibyo imana yadusezeranije byatinze kuza,birenda kuza.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Kubera ko abantu banze kumva ibyo imana idusaba,igiye kuzana Imperuka.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).


Gatare 18 June 2018

Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Uretse ko nyine bibahesha amafaranga,babyita ngo ni boyfriend/girlfriend.Ntabwo ari byiza kwanika amabere,ibibero,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe gusa umuntu umwe muzabana biciye mu mategeko.Ikibabaje nuko abasore n’abagabo nyamwinshi baba bashaka kureba abakobwa bambara ubusa.Ntabwo bazi ko imana itubuza gukomeza kureba abakobwa n’abagore,kugirango bitatugusha mu busambanyi.Bisome muli Matayo 5:28.Ni icyaha gukomeza kubareba.Imana ishaka ko twigana YOBU.Ntabwo yitegerezaga abagore (Job 31:1).Abantu bakora ibyo imana yanga,ntabwo bazaba muli paradizo dutegereje.Kandi abantu bakora ibyo imana yanga kubera gushaka kwishimisha no gukira,nibo benshi mu isi.Ntimugashidikanye ko isi izaba Paradizo.Abenshi mwibwira ko bidashoboka.Nubwo ibyo imana yadusezeranije byatinze kuza,birenda kuza.Impamvu imana yatinze kuzana IMPERUKA,nuko ishaka ko abantu bose bahinduka,bakava mu gushaka ibyisi gusa,bityo bakazaba muli paradizo.Bisome muli 2 Petero 3:9.Kubera ko abantu banze kumva ibyo imana idusaba,igiye kuzana Imperuka.Hazarokoka abantu bake bayumvira (Imigani 2:21,22).