Hamissa yemeje ibi byavugwaga, avuga ko atwite inda y’umwana wa kabiri azabyarana na Diamond dore ko aba bombi bari basanzwe bafitanye umwana w’umuhungu umaze umwaka umwe avutse.Uwo atwite akaba agiye kuba uwa kabiri aba bombi bagiye kubyarana n’ubwo bamwe bo mu muryango wa Diamond batamwiyumvamo usibye se wa Diamond wenyine.
Ibi yabyemeje abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram avuga ko iyo nda atwite imaze kugeza ku mezi atanu(5) ndetse anahamya ko ari iya Diamond Platnumz.