Print

Umugabo n’umugore basambaniye mu ndege abagenzi bari kumwe babafata amashusho [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 20 June 2018 Yasuwe: 6179

Ubwo uyu mugabo n’umugore basambaniraga mu ndege,bafashwe amashusho n’undi mugabo n’umugore bari bicaye imbere yabo barangije bayoherereza umwana wabo witwa Kiley Tully wahise ayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga ahereye kuri twitter.

Muri aya mashusho,aba bombi basambanye byimazeyo batitaye ku bagenzi bari kumwe babarebaga ndetse byabahiriye kuko ntawabyivanzemo.

Uwafashe aya mashusho ntiyigeze avuga kompanyi y’indege aba bantu basambaniyemo ndetse nta nubwo higeze hatangazwa amazina yabo.

Ibikorwa by’ubusambanyi ku karubanda bikomeje gufata indi ntera hirya no hino, kuko mu munsi ishize UMURYANGO wabagejejeho abantu basambaniye inyuma ya kiliziya ndetse n’abasambaniye ku mucanga.


Uyu mugabo n’umugore basambaniye inyuma y’uyu muryango


Comments

MAZINA 21 June 2018

Ibimenyetso by’imperuka ni byinshi.Nuko abantu banga kwemera.Bimeze neza neza nkuko byali bimeze ku gihe cya NOWA.
Bible ivuga ko abantu baryaga,bakanywa,bagacuruza,bagahinga,bakubaka,etc...Ntabwo bitaye ku byo NOWA yababwirizaga ko imana igiye kuzana UMWUZURE wo kwica abantu banga kuyumvira.Byaratinze,ariko umwuzure uraza,urabica bose,hasigara abantu 8 gusa bashakaga imana,bakayikorera,YESU yavuze ko ariko bizagenda ku Munsi w’Imperuka.Namwe mujye mwibaza kuli ibi bintu bibi bibera mu isi bitabagaho.Ntabwo imperuka iri kure,nubwo benshi babipinga,kubera gutinya kubura imitungo yabo n’ibyubahiro.