Print

Umugore n’umugabo bafotowe basambanira hejuru y’inzu kandi bari baziko nta muntu ubabona[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 21 June 2018 Yasuwe: 6715

Aba bantu bagaragaye ubwo mu gihugu cya Esipanye hasozwaga umunsi mukuru wo gusiganwa n’ibimasa mu muhanda, aba babiri bagaragaraga ahitegeye uwo muhanda bibereye mu bikorwa by’urukundo hejuru y’inzu.

Abakora isuku mu mihanda baganiriye n’abanyamakuru bavuze ko aba bantu bagaragaye hejuru y’inyubako ifite igorofa 4 mu gitondo bizinduye ku buryo nta n’uwashidikanya ko baharaye kuko nta n’uwakwemeza ko bahagiye bukeye kuko iyo myiyerekano yo kwirukankisha ibimasa yari itaratangira.

Amakuru avuga ko nubwo nta mazina yabashije gutangwazwa y’aba bantu, birakekwa ko ari abakerarugendo bari baje gutemberera muri kariya gace dore ko hanegeranye n’icyambu cya Barcelona bari baje mu karuhuko ndetse bakaba bari basinze.

Ibinyamakuru byo muri kiriya gihugu bigaragaza ko aba bantu atari umugore n’umugabo kuko bagombye kujya kwihisha hejuru y’inzu, ahubwo bigakekwa ko ari abari basohokanye ariko badasanzwe babana kuko iyo aba umugore n’umugabo batari gukora nk’abari kwiba.


Comments

Cécile 21 June 2018

Iyi nkuru ni nshya cg byabaye mu myaka ishize?