Mu kiganiro uyu Huddah yagiranye na Times FM yahishuye ko imodoka atunze n’indi mitungo yose afite, ayikesha igitsina cye, aho yagize ati :“Ubu ndatwara imodoka ihenze, igitsina cyanjye nicyo cyanzamuye, …”.
Huddah yagaragaye i Kigali ku italiki ya 26 Ukuboza 2015, mu gitaramo gihuza abambaye imituku “Red Avenue” cyaje kurangira atishimiye kuko polisi y’u Rwanda yagihagaritse kirimbanyije mu masaha y’ijoro.
REBA AMAFOTO YA HUDDAH: