Uyu munyamiderikazi wamamaye cyane muri Afurika y’iburasirazuba no ku isi hose ku bw’imiterere y’ikibuno cye, ari na cyo cyamuhesheje kwamamara cyane, aho binazwi ko ari we ufite ikibuno kinini, giteye neza kurusha abandi bose muri Afurika y’iburasirazuba, yongeye kugaragara ashotora igitsinagabo kubera amafoto n’amashusho yashyize ku mbuga bkoranyambaga, bituma benshi bibukiranya kuri uyu mugore.
Irebere amafoto agaragaza imiterere ya Sanchi, yagiye ashyira hanze mu bihe bye by’ikiruhuko, agahuruza imbaga y’abantu: