Print

Bishop Niyomutakirwa warongoye umukobwa w’ imyaka 54 Imana yamukoreye igitangaza

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 27 June 2018 Yasuwe: 6062

Muri siyanse bavuga ko umugore acura afite imyaka 45 bivuze ko uyu Mukundente ibyamubayeho ari igitangaza cy’ Imana.

Tariki 23 Kamena 2016 nibwo Bishop Frederic Niyomutakirwa n’umugore we Mukundente Felicité basezeranye imbere y’amategeko, hanyuma bucyeye bwaho tariki 24 Kamena 2016 bakora indi mihango y’ubukwe bwabo.

Basezeraniye mu Rusengero rwo ku Musozi w’Ibyiringiro rugerereye ku Kimisagara mu Mujyi wa Kigali.

Ubukwe bwabo bwahuruje imbaga, buvugwa cyane mu bitangazamakuru ndetse n’abantu batandukanye babumenye wasangaga babutangarira.





Mukundente yavuze ku gushyingiranwa na Bishop Niyomutakirwa. Ati “Ndabyemeye kandi ngiye mbishaka.”


Comments

27 June 2018

ko batatwereka uruhinja naho rwavukiye ngo batumare amatsiko