Print

Amafoto yaciye ibintu :Umusore yafashwe yibye ategekwa kubyina isaha yose yambaye ikariso gusa

Yanditwe na: Muhire Jason 9 July 2018 Yasuwe: 3677

Mu gihugu cya Nigeria umusore yafashwe yibwe telephone 4 ategekwa kubyina ku muhanda yambaye ikariso gusa.

Dore amwe mu mafoto atandukanye yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Instagram.









Umuhanzikazi Asinah yongeye kugaragaza udushya tudasanzwe muruhando rwa muzika nyarwanda.


Umupasiteri witwa David Owuor uhagarariye itorero rya Holiness Ministries muri Kenya yirukanye ku ruhimbi umusore ufite ubumuga aho kumusengera ngo akire.



Ku wa Gatandatu tariki 7 Nyakanga 2018. Ubwo Jordan Mushambokazi yizihizaga umunsi mukuru we w’amavuko yatunguwe no kubona abantu batandukanye barimo abahanzi nyarwanda ,abakobwa bari bahatanye mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 baje kwifatanya nawe gusa biba agahebuzo ubwo yabonaga umuhanzi Andy Bumuntu asanzwe akunda ari kumuririmbira.