Print

Dore amateka ya Christus Kapaya umusore wateye benshi agahinda kubera urupfu rwe [ Photo+Video]

Yanditwe na: Muhire Jason 19 July 2018 Yasuwe: 8351

Christus Kapaya ufatwa nk’umwe mu bantu bagize uruhare rukomeye mu iterambere ry’umuziki nyarwanda kuko yafashije bamwe mu bahanzi ndetse akaba yari umusore umaze igihe gito akoze ubukwe urugo n’ umukobwa bakundanaga witwa Monica aho magingo aya bari batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo mu mujyi wa Goma.

REBA AMASHUSHO:

Bamwe mu bazi uyu musore bavuze ko yari umunyamuhwe ndetse yarangwaga n’ubunyangamugayo muri buri kimwe yakoraga ikindi yarazwiho nuko yakundana Monica ndetse ko mbere yo gukorana ubukwe bari basanzwe bakundana kandi babihamiriza n’imbere y’abantu.

Kapaya ndetse n’umufasha we Monica