Fifi uvuga ko aba mu karere ka Huye mu mumagepfo y’ u Rwanda mu buhamya bwe yagize ati “Mpora nibaza iki kibazo ni iyihe mpamvu ituma iyo ngeze mu ishuri mwarimu n’ abanyeshuri bose barangarira amabuno yanjye. Abagabo bose twaryamanye bahora bambwira ko navukanye imimerere idasanzwe.
Mu cyumweru gishize umugabo yampaye ibihumbi 500 by’ amafaranga y’ u Rwanda kugira ngo turyamane ijoro rimwe. Narabyemeye kuko nari nkeneye amafaranga yo kwishyura icumbi n’ ibikoresho by’ ishuri. Kuva uwo munsi abagabo benshi baziranye n’ uwo wampaye miliyoni bahora banyinginga ngo ndyamane nabo nibura ijoro rimwe.
Kubaho muri ubu buzima bituma ntiga neza, kuko n’ iyo ngeze mu ishuri abahungu baba banshagaye bansaba numero ya telefone. Kuva iki gihembwe cyatangira mu kwezi gushize abagabo 1200 barimo n’ abanyeshuri n’ abarimu bamaze kuntereta.
Si uko ntishimiye ko abagabo bandangamira, ariko bimaze kundambira. Nkeneye inama yawe kugira menye uko nabaho muri ubu buzima.
Umukunzi wanjye, nkunda cyane yarantaye kubera ko buri uko ambonye abona hari abahungu n’ abagabo barimo kunyaka numero ya telefone. Ikibuno cyanjye cyaba gifite iki gituma abagabo batagikuraho amaso?.
Bigeze n’ aho umuyobozi w’ ishuri nigaho ambwira ko azanyirukana kubera kurangaza abanyeshuri n’ abarimu. Ntekereza ko kwiriye kwibagisha nkagabanya ingano y’ amabuno yanjye. Nkeneye igitekerezo cyawe ngo menye uko mbyifatamo.
umva woe gerageza ubahereze ndetse uher kuri master wawe noneho nubarambira ntibaza bakikureba.
Yewe ubwibone.com wowe urababaje kbsa uwo ni umubiri ugushuka menya Imana yawe
uzashake umugabo kumugaragaro jye wambara imyenda miremire kandi irekuye naho ubundi ikibuno nicyo gituma nanjye nshaka imibonano.
amafranga ubona atiyo azakubahisha?jya umenya ko ibihe biha ibindi kdi sinarenganya m’uwo mikunzi wawe nange
Hhhhh ikibuno kiza se unnya zahabu ndumiwe gusa!
Hhhhh ikibuno kiza se unnya zahabu ndumiwe gusa!
Hey MPa phone zawe nkugire inama uburyo wabyitwaramo
Uzaze nkujyane ahomba muri America twibanire nkurongore
Njye ndabona waramaze guhitamo ahubwo ndibaza Nina ubona warahisemo mu give gito uzaba wavuye Ku isoko bashake abandi.Ndetse niyo wakomeza ukabona cash uahora wicuza kuko burya uba wabaye igikoresho. Ntabwo rero bikwiriye umuntu Uzi Imana nkawe. Hari igihe bizaakubihira ukicuza. N abandi bameze nkawe bibaze.
Hitamo umwe Abe uwawe
Mukobwa iga kwambara wikwize cyane. Niba Uzi ko wirya uhinduke ube séreuse ibirangaza abagabo Uzi ubyirinde ntubikore wite kuwo wavuze ko aribyo umukunzi abo bandi ni abagusambanya gusa kandi iherezo ryabyo ni ugupfa no kurimbuka . Niba udasenga kizwa nyabusa nibwo bazima bwiza.
nonese wowe kibyiyiziho ukanambara impenure wagiye wikwiza ikindi nibaharuwguhaye 5000wivugiye ukabitora rekakwigwa wigurishe kuko wiviyemo