Print

Uzongera gupfunyikira umukiriya mu mpapuro zanditseho azajya ahanwa

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 2 August 2018 Yasuwe: 1378

Itangazo ry’ Ikigo cy’ igihugu cy’ Ubuziranenge RSB rivuga ko hari amabwiriza ahana gupfunyikira umukiriya mu bipapuro byanditseho kuko izo mpapuro ziba zaranyuze ahantu henshi zikajyaho za microbe uretse n’ icyo kandi ngo umuti w’ ikaramu uba uri kuri izo mpapuro ntabwo wagenewe kuribwa.

Uyu muco wo gupfukira abakiriza mupapuro zanditseho wadutse ubwo Leta yafataga icyemezo cyo guca amashashi mu gihugu.
Abacuruzi babuga ko gupfunyika mu mpapuro zanditseho babiterwa n’ uko ari byo bihendutse bagereranyije na ambaraje kaki.

Itangazo rya RSB


Comments

gasigwa ernest 7 August 2018

nukuri kugirango bicike inzego zibanze zibigizemo uruhare byacika,muzagane ahitwa Rugando hafi nagasoko kimihurura abaho nibyo bapfunyikamo gusa


yes 2 August 2018

MWAKOZE CYANE GUFATA ICY O CYEMEZO. BYARI BYARATINZE