Print

Umugabo w’ umuherwe yasomeye umukobwa wamutaye akiri umukene

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 24 August 2018 Yasuwe: 4053

Yaranditse ati “Iyo uza kuba waranyumvise, icyizere uyu munsi tuba turi kumwe turimo gukorera amayero n’ amadorali. Icyo narikeneye cyari agahe gato ariko ntiwanyumvishe wahisemo kunta wisangira umusaza ufite ivatiri y’ umutuku, utazi gukunda, utazi no kugushimisha”.

Yakomeje agira ati “Wahinduye nomero ngo ntazongera kuguhamagara usanga ufite Honda itukura. Ubu umpamagara amanywa n’ ijoro umbwira ngo urankunda amagambo yawe ameze nk’ urusaku mu matwi yanjye bla bla bla. Ubutaha uge wibuka ko umusore ufite icyerekezo umunsi umwe azagera ku nzozi ze. Guma iyo wagiye ubu njye n’ umwana wanjye nta nduru yawe dushaka.”

Afrikmag