Print

Guverineri Gatabazi yagize icyo avuga ku mugore wabaye abana 3 avuye gutora abadepite[AMAFOTO]

Yanditwe na: Nsanzimana Ernest 4 September 2018 Yasuwe: 1843

Maniraguha Claudine wo mu Kagari ka Nyagahinga mu Murenge wa Cyanika muri Burera yabyariye mu nzira abana batatu b’impanga ubwo yari avuye gutora Abadepite kuri uyu 3 Nzeli 2018.

Guverineri Gatabazi yahembye uyu mubyeyi amuha amuha icyo yise ‘Igikoma cy’ umubyeyi’.

Maniraguha Claudine yabwiye itangazamakuru ko yabyutse yumva ababara mu nda ariko akihangana akajya gutora hanyuma igise kikamufatira mu nzir avuyeyo.

Gatabazi yavuze ko kimwe mu byamuteye kujya gufasha uyu mubyeyi ariko atishoboye. Mu bisanzwe kwita ku bana batatu bavukiye rimwe bisaba ubushobozi butoroheye buri wese.


Gatabazi JMV


Maniraguha Claudine atewe ubwuzu n’ ibibondo yibarutse




Maniraguha Claudine wagaragaje ko akunda igihugu


Comments

mugisha sandra 4 September 2018

wow,YEHOVA amwiteho hamwe nabobaziranenge.