Mu gihe urugamba rw’aya makipe rutaratangira,ku mbuga nkoranyambaga hirya no hino ku isi bari mu ntambara yo kugereranya abagore n’abakunzi ba bamwe mu bakinnyi b’aya makipe yombi yitezwe na benshi kuri uyu mugoroba.
Ikipe ya Liverpool yageze ku mukino wa nyuma wa Champions League iheruka niyo ihanzwe amaso cyane kuko niyo iraba yakiriye PSG mu mukino wa mbere wo mu itsinda C urabera ku kibuga cyayo Anfield saa tatu z’umugoroba.
Liverpool
Roberto Firmino - Larissa Pereira
Alex Oxlade-Chamberlain – Perrie Edwards
Alisson – Natalia Loewe
Dejan Lovren – Anita Lovren
Fabinho - Rebeca Tavares
PARIS SG
Neymar - Bruna Marquezine
Julian Draxler – Lena Stiffel
Kylian Mbappe – Alicia Aylies
Alphonse Areola – Marrion Areola
Marquinhos – Carol Cabrino