Print

Umuhungu n’umukobwa basinze basambanira imbere ya rubanda ku mucanga [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 21 September 2018 Yasuwe: 5218

Aba ba mukerarugendo basambaniye imbere y’akabari Lineker’s Bar gakomeye kuri iki kirwa nyuma yo kunywa agasembuye kakabashyushya.

Ubwo aba bantu batangiraga gusambana,abantu barimo gufata agasembuye bahise basohoka mu kabari ka Lineker’s Bar,batangira gufata amashusho uru rubyiruko rwakoraga ibidakwiriye imbere y’abantu.

Umwongereza witwa Jake King niwe washyize hanze aya mashusho avuga ko yabumvise bavuga bati “Mbega wee,nta cyubahiro.Ikaze hano I Ibiza.”

Benshi mu banyeshuli bo mu Bwongereza bari basohokeye kuri uyu mucanga bavuze ko batizeraga ibyo babonaga kubona abantu bakuru bakuramo imyenda yose bagasambanira ku karubanda.