Print

Pasiteri yafashwe arimo gusambana n’umukirisitu we yiruka yambaye mugondo gusa [AMAFOTO]

Yanditwe na: Muhire Jason 2 October 2018 Yasuwe: 6109

Umukozi w’Imana wo mugihugu cya Zimbabwe, Pastor Joseph Ponda yaguwe gitumo arigusambanya umwe mubakristu abereye umushumba mu itorero AFM.

Uyu mugabo usanzwe azwi nk’umukozi w’Imana ukora ibitangaza, yaguweho n’abagenzi bihitiraga basanga ari hejuru y’umugore w’abandi usanzwe asengera mu idini ayobora, uyu mugabo akimara gufatwa yakubiswe iz’akabwana akizwa n’abagenzi.

Umwe mu babonye iryo shyano, yagize ati “Nabonye pasiteri ajyanye n’umugore, si bwo bwa mbere bari babonwe bari kumwe mu modoka, umugore yarabyaye ariko nta mugabo agira atuye i Dzivarasekwa, njyewe ntabwo nakekaga ko haba hari ikihishe inyuma yabo kugeza ubwo mboneye video. Nagize amahirwe yo kumubona neza nyuma yaho ibyo bibaye, ababaye cyane mu buryo budasanzwe”.

Pasiteri Ponda wakubiswe akagirwa intere ntabwo yigeze ahakana cyangwa ngo yemere icyaha ashinjwa cy’ubusambanyi. Ati “Mfite byinshi navuga ku byabaye, ntabwo nabivugira kuri telephone (yabazwaga amakuru kuri telefoni) ndaba mbohotse mu masaha abiri.

Si ubwa mbere mu gihugu cya Zimbabwe havuzwe inkuru z’abapasiteri bafatiwe mu Makosa ajyanye n’ubushurashuzi cyangwa se gushaka kurya imitsi abakiristo n’ubuhanuzi bw’ibinyoma. Mu mwaka wa 2016 umupasiteri witwa Tito Wats wagurishaga amatike ku madolari 500 abwira abakiristo ko ari ayo kujya mu ijuru yarafashwe arafungwa.


Comments

nyaruguru 3 October 2018

Muje mwiswerera sha. Cyaremewe guswerwa


,alpha 3 October 2018

Ahaaa! No mu rwanda nuko badafatwa aba pastors barabikora pe!


Gatera 2 October 2018

Nuko no mu Rwanda bidasakuza,naho ubundi pastors bacu barasambana cyane.Muribuka muli 2006 Pastor witwa Murenzi,washinjwe n’abakobwa 7 muli CID.Sex izatuma millions nyinshi z’abantu Babura ubuzima bw’iteka.