Umukinnyikazi wa Filime nyarwanda Mutoni Assia ni umukobwa umaze kwigarurira imitima ya benshi bitewe n’uburyo akinamo filime ndetse by’umwihariko akaba ari umukobwa benshi bemeza ko agira ubuntu kandi akunda gusabana n’abandi.
Mu kiganiro yagiranye na Radio Rwanda yabajijwe ikintu akunda kumubiri we ndetse nibyo bamwe mu bafana be bamukundira yasubije ko yiyiziho guseka neza.
Yagize ati” Ikintu niyiziho cyane ndetse n’abandi bambwira nuko nseka neza.
Yakomeje yongeraho ko kuri ubu akataje mu ruhando rwo gukora filime ndetse ashimira abafana be ndetse n’isnhuti ze bamushyigikira mu bikorwa bitandukanye birimo inama bamugira ndetse no kumuba hafi mu buzima bwe bwa buri munsi nawe abizeza ko azajya akomeza kubagezaho ubutumwa bwiza abinyujije muri cinema.
Ndabona no mu gatuza yibitseho undi mutungo. Gusa uwamushutse yamubwiye kwambara mini.