Abantu benshi bitwa injiji kubera ibikorwa by’ubujiji bakoze gusa aba bakoze ibintu benshi batiyumvisha ndetse umuntu muzima atabasha gukora.
Umugabo wasekeje benshi kubera ukuntu yaheze mu cyuma kimeze nk’uruziga ndetse benshi bibajije ukuntu yakivuyemo.
Muri Aya mafoto kandi harimo iy’umugabo wafashwe mu biti bibiri biramukanga cyane abantu barahurura baje kureba uko byamugendekeye,umuntu waguye mu mwobo w’umusarani abanje umutwe,n’ayandi.