Uyu mu minisitiri Chimpreports yavuze ko itahita ishyira ahagaragara imyirondoro ye, arashinjwa ko yagiranye amabanga y’ abubatse ingo n’ umugabo wuwo mugore yabafata Minisitiri agateka ko akorerwa iyicarubozo mu rwego rwo kumutera ubwoba.
Ngo magingo aya uyu mugore w’ umuminisitiri wigeze no kuba umudepite atwite inda yakuye muri ubwo busambanyi yagirane n’ umugabo w’ umugore yategetse ko akorerwa iyicarubozo.