Print

Kigali: Indaya yasambanye n’umugabo w’ abandi itwikwa igitsina- Biravugwa

Yanditwe na: Martin Munezero 29 October 2018 Yasuwe: 9641

Inkuru y’uyu mukobwa abenshi bagiye bita indaya ikomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga igira iti "Iri ni Ishyano! Umukobwa yasambanye n’umugabo w’undi mugore ku buriri bw’uwo mugore,aje ataranamenya ko umugabo we afite indaya mu cyumba ashushya amazi ngo ahe umugabo akarabe,iyo ndaya imubonye yibwira ko ari umukozi wo mu rugo ntiyabyitaho kandi umugabo nawe yari yaguye agacuho ataramenya ko umugore yaje.

Umugore akomanze hasohoka iyo nshoreke yibwira ko ari umukozi waho kuko yumvaga ko umugore we yagiye ku kazi naho yagezeyo ahita agaruka,umugore w’uwo mugabo yahise amumenaho ayo mazi nkuko mubibona".

Umukobwa bamumennye amazi ashyushye mu myanya ye y’ibanga

Aha bikaba byavugwaga ko byabereye i Kigali ahazwi nko mu Gatenga mu karere ka Kicukiro


Comments

Mosh 31 October 2018

Abakobwa biki gihe sinzi ikibazo bafite. Wiyemeza gute gusenya urugo rwa mugenzi wawe koko? Ingaruka z’icyaha ngo ni urupfu niko bibiliya ibivuga. Ubu c nkubwire ngo ihangane?


HITAYEZU 30 October 2018

AZONGERA KWIFUZA UMUGABO NYUMA YIMYAKA 10


HITAYEZU 30 October 2018

NSINSHYIGIKIYE IBYABAYE ARIKO. NIBA UZI KO MUGENZI WAWE YASHATSE VUGANA NAWE MAKE UBUNDI WIGENDERE KUKO BYABAJYANA AHATARI HEZA. URYAMANA N’UMUGABO (UMUGORE )WABANDI KUKI?? UBWO SE ABAMUBAJIJIE ASUBIZA KO YARI KUMWE NA CHERI??? HARI ABA FILLES MERE NA GARCONS PERE ABAPFAKARE N’ABAPFAKAZI, ABASORE N’INKUMI, FATA UWUSHAKA KUKO AMATEGEKO Y’URWANDA NTABIHANA. ARIKO UMUGORE (UMUGABO) W’UNDI, HAVE NTUKOREHO.


[email protected] 29 October 2018

utubere twako turacyashinze disi iyabaye bose bajyaga babatwika gutyo yaguhaye ikimenyetso gikomeye


Karake 29 October 2018

Witegereje amabere ye,uyu agomba kuba akiri "umukobwa muto" (young girl).Ubusambanyi niyo Business ya mbere ku isi,hamwe n’ibiyobyabwenge.Nibyo bizatuma abantu nyamwinshi barimbuka ku munsi w’imperuka (Yeremiya 25:33).Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.