Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa kane taliki ya 22/11/2018 saa cyenda n’igice z’amanywa (15h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwubatseho inzu ntoya yanditse ku mazina ya NDAYISENGA Jean Baptiste na MUKANGARAMBE Eugenie buherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Shyara, Akagali ka Rutare ngo hishyurwe umwenda aba babereyemo Sacco Shyara.
Soma itangazo ryose hano hasi: