Mu gihugu cya Uganda umukobwa yatunguranye mu gitaramo ubwo yajyaga kubyinana n’umuhanzi Fik Fameika uri mu bagezweho muri Uganda akaza gutungura abantu baje gusanga atambaye ikariso.
Umwongereza yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yakwirakwijwe hirya no hino ari kwiba indabo zo kumva imwe ndetse yabanje kureba hakurya no hakuno kugira ngo arebe ko nta muntu uri kumubona.
Dore amwe mu mafoto yavugishije abantu ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook ,instagram kubera uburyo ba nyirayo bayifotojemo .
Ese usibye ikariso ntihari n’abambara ubusa!