Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 28/12/2018 saa tanu z’amanywa (11h00) azasubukura mu cyamunara umutungo utimukanwa uherereye mu kagali ka Cyugaro, Umurenge wa Ntarama Akarere ka Bugesera ngo hishyurwe umwenda Nganza Musago Roger na Nzamuye Dancille babereyemo Rukundo Patrice.
Ku bindi bisobanuro reba itangazo hano hasi: