Print

Miss Rwanda 2018 ’Liliane’ yibasiwe bikomeye kubera agakanzu yagaragaye yambaye k’impenure kagaragaza igice kinini cy’ibibero bye hafi kumwambika ubusa[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 7 January 2019 Yasuwe: 11027

Nkuko babigaragaje muri bitekerezo bashyize ku ifoto ya Liliane yashyizwe kuri Instagram, abantu ntibishimiye ikanzu ye aho bavuga ko ari impenure cyangwa se mini, bakaba bakomeje bamushishikariza kwamabara akikwiza.

Umwe mu batanze igitekerezo yagize ati "Ese ko mbona iyo bari muri Selection bambara amakanzu bakikwiza bamara kuba ba Miss bakambara ibihabanye n’umuco nkuko @Liliane yambaye kandi umuco Nyarwanda utemera kwambara impenure...Ubwo ayo makanzu si ukwiyoberanya kugira ngo bakunde batorwe bamara gutorwa bati mwarakoze guta igihe reka nikorere ibyo nari nsanganywe".

Nk’uko bigaragara yari yambaye agakanzu kagufi cyane kagaragaza ibibero bye


Comments

8 January 2019

umva umuntu yambara ibinyunze witaye kubantu ntacyo wakora ahubwo Liliane ndamushaka number yanjye ni 0785336080


rukebesha 7 January 2019

Nubwo bitwa NYAMPINGA,ni ticket ituma biyandarika,nyamara Nyampinga bivuga umukobwa ntangarugero.Nawe nyumvira:Nyampinga 2009,witwa Bahati Grace,yabyaye ikinyendaro muli Amerika.Naho Nyampinga 2014,witwa Akiwacu Lacolombe,ni mannequin (fashion model) muli France.Muhora mumubona mu mafoto yanitse ibibero,amabere ndetse na sex igaragara inyuma y’utwenda yambara.Nyampinga nyakuri,akwiye kuba umukobwa w’umuco kandi wumvira Imana.
Nkunda gutanga urugero kuli baliya bakobwa bajya mu nzira bakabwiriza ijambo ry’imana.