Print

Miss Iradukunda Liliane watewe agahinda akanarizwa n’ibyo mama we yamuvuzeho abafana be bibasiye nyina nyuma yo kumenya ukuri

Yanditwe na: Martin Munezero 9 January 2019 Yasuwe: 12197

Ariko ku munsi w’ejobundi tariki 7 Mutarama byose byarahindutse benshi mu bafana bahindukirana Mama wa Liliane bamwita umubyeyi gito.

Nkuko mushobora kubyisomera muri comments zitandukanye zagiye zitangwa kuri video ya Nyirasenge wa Liliane wahishuye ko kuva ku myaka itanu y’amavuko Liliane atakibana na Nyina ndetse ko ariwe wamureze afatanyije n’umukobwa we (mubyara wa Liliane), akanongeraho ko Liliane yiriwe arira nyuma y’aho umubyeyi we amuvuzeho amagambo atari meza.

Abantu benshi bakomeje kugaya umubyeyi wa Liliane bamuhora ko yajyanye iki kibazo mu itangazamakuru ndetse na bamwe muribo bakaba batangiye gukeka ko imvune ye ari impimbano.


Comments

Brown 9 January 2019

Niba koko uwomubyeyi yarabeshyeye umwanawe nihoterwa naryo azakurikiranwe namategeko


9 January 2019

hhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhhh


gigi 9 January 2019

Icyo yakoracyose ninyina kd akabura ntikaboneke ninyina wumuntu kd urusha nyina wumwana Imbabazi abashaka kumurya Liliane sinamuvugira ari mumakosa yikosore


Gruec 9 January 2019

Miss Liliane Iradukunda, saba Tante wawe na cousine wawe, bahagarike ibi bintu kuko niwowe bishyira kukarubanda, maman wawe mushinja kukujyane mw’itangazamakuru ntacyo yakuvuzeho kibi, kandi maman si genre y’abajya guhamagara ibinyamakuru ahubwo ntuzi uwo murwana. Nyogosenge Odette Niyoyankunze niwe wavuze akarimurori muri interview yahaye igihe.com.
Someone will always be prettier. Someone will always be smarter. Someone will always be younger, but they will NEVER BE YOU.
Urufunguzo rw’ibibazo urimo rufitwe na NYOGOSENGE Odette nabishaka azagufungura natabishaka ni chaîne y’ibibazo yarayikwambitse. Baguhaye umwanya wo kwiyunga na MAMAN WAWE nutabikora uzirengera inkurikizi.