Print

Umusore wigambye gukundana na Nyampinga Iradukunda Liliane yibasiriye Mwiseneza Josiane

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 15 January 2019 Yasuwe: 7101

Uyu munyarwanda ukorera muzika ye mu gihugu cy’abaturanyi cya Kenya yavtangarije ikinyamakuru Eachamps ko yamaze umwaka wose akundana na Liliane Iradukunda bahuriye ku mbugankoranyambaga gusa nyuma yaje kumubura.

Yagize ati” Twahuye gutyo nyine nawe urabyumva dukundana umwaka wose, twabonanye rimwe ubwo nari naje mu Rwanda gusuhuza Mama wacu uba muri USA kuva icyo gihe kugeza ubu simuheruka”.

Danny B yavuze ko byamuteye agahinda kubura uyu mukobwa yari yarahariye umutima we wose nyuma akaza kumva ko yabaye icyamamare.

Danny B yabajijwe niba azi Mwiseneza Josiane waciye ibintu muri nyampinga y’uyu mwaka avuga ko atamuzi bamwereka ifoto ye, akiyikubita amaso avuga ko atazi uyu mukobwa ndetse ko adakwiriye kuba Nyampinga w’u Rwanda ahubwo akwiriye kuba Nyampinga w’ubuhinzi n’ubworozi.

Yagize ati” Uyu niwe uri kwiyamamaza se? ahahahahaha!!!! Ubwo se ari guhatana n’abahe bakobwa? Kereka niba ari miss w’ubuhinzi n’ubworozi ibyo mwabimuha”.

Uyu muhanzi ukizamuka yavuze ko yagiranye ibihe byiza na Iradukunda Liliane ndetse ko yiteguye gukora byinshi ku muziki wo mu Rwanda cyane cyane yita mu gukora indirimbo zizamugeza ku isoko mpuzamahanga.



Danny B wavuze ko yakundanye na Miss Liliane yavuze ko Mwiseneza akwiriye ikamba ry’ubuhinzi n’ubworozi


Comments

Jackso Butoyi 16 January 2019

Nibijejembere Ubwiza Bwa Josiane Twe Twamutoye Turazi Aho Buri Ntidukanga Na Burya Buvuta Bisiga Nuyo Musore Yabivuze Bazomujane Indera


big boss 16 January 2019

Erega yihaye mwiseneza nuwomusatsi niminwa yamazwe nitabi sha uruwanshiri kabisa ngo numuhanzi abahinzise ninda wabonanye unusatsi nkawawe ngo aba muri kenya arabeshya nimubirunga ngira niwowe .........?m??? Ntiwongere ntasoni ngo aborozi wowembo korora ntiwabibasha keretse ukoresheje umuhoro.


Damas 16 January 2019

Uyu munyamakuru ngo ni Dusingizimana Remy ntabwo yize umwuga pe! ni gute atinyuka akandika inkuru isebanya yatangajwe n’umuntu kugiti cye uhamije gusebanya (uretse ko ntekereza ko bamubeshyeye kereka niba atararezwe) mugihe nkiki , mu kinyamakuru kibonwa n’abantu benshi!

Ndumva uyu mwanditsi akwiye koherezwa mu kigo ngororamuco cy’IWAWA kuko ibindi byo ntabyo azi pe.

Murakoze


dina 16 January 2019

Nuyu se wabivuze koko????yewe nta nkumi yigaya koko ndabyemeye!!!!cyakora uyu mbona ntakindi yabasha kuvuga kitari ibyo yavuze da sinamurenganya


viatel 16 January 2019

Mwiseneza niryokamba ryubuhizi nubworozi ntarikwiye ahubwo abafite ikibazo nabamushyizemo ngonuko yajyenze namaguru ibyo ntacyo bivuze bange bakora ibintu babitecyerejeho


Aime 16 January 2019

Gusa abantu barasebya wese harumbwiza afite
Bareke umukobwa imana y,ahaye umugisha aho azagera n,Imana ihazi.


Ibisibyo 16 January 2019

Ariko uyu ntakwiye gukurikiranwa na RIB?Uku si ugusebanya?mutbwire?


16 January 2019

Iyi Mayibobo se iravuga iki ubundi iyi ngegera muyiha ijambo nkande? ngwakora umuziki muri Kenya? cga akora mu mifuka ya rubanda? puuuuu nagende iryo bandi rireke gusebya umukobwa ukunzwe


Kaka 16 January 2019

Iyi Mayibobo se iravuga iki ubundi iyi ngegera muyiha ijambo nkande? ngwakora umuziki muri Kenya? chair akora mu mifuka ya rubanda? puuuuu nagende iryo bandi rireke gusebya umukobwa ukunzwe


gakuba 16 January 2019

uyu mwirasi ngo ni umuhanuzi uwamubaza umuhinzi, nu mworozi usa nawe ufite imisatsi adasokoza yamukura he! !aliko abantu binkirabuheri nibo bibona, miss Iradukunda se yali kumukura, he!!!miss aba afite amaso


mugabo abdul 15 January 2019

miss wubuhinzi nubworozi ubwose urumvantakamaro yaba afitiye society? aho winyuzemo kuko nawe uracyari sagihobe kdi ufite inzizi ushaka gukabya.uretse nibyo uri na sogro cg sundiata keita twajyaga twiga muri senior 3.stupid stop talk non sense


Nkusi 15 January 2019

ubwo nawe uje kurira hit kuri Mwiseneza Josiane !!ariko ko musebya Mwiseneza ntimugaragaze abo mushyigikiye Mwiseneza mutamuharabitse umanza mutaryama!!


Nkusi 15 January 2019

uwo nawe araje yee!!ubwo aje gushakira hit kuri Mwiseneza!!!ariko ko bari gusebya Mwiseneza ariko ntibadutangarize abo bashyigikiye ahhaa!!nzaba ndeba!!"


big boss 15 January 2019

Kombonawese bavuga ngo urumuhanzi kombo ukwiye kwisubiraho koko wowembona na ukundana miss icyakora ntankumi yigaya wowembona hhhhhhhh none uranegura josian ntumuruta umurusha kwibona gusa nokwitera ijeki icyakora waravuzwe ntacyo


WACHA 15 January 2019

Iki ni igiki?uru runywatabi ruturumbutse murihe shyamba?Nyoko wanyu aba nshiri turabizi.Ese uhanga iki sha Balloteli we?


[email protected] 15 January 2019

Uwo ni injiji