Print

Umukobwa umaze umwaka aba mu ishyamba yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yashyize hanze [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 16 January 2019 Yasuwe: 6271

Uyu mukobwa wifotoje yambaye ubusa,yagaragaje amaguru ye yaramezeho ubwoya bwinshi ndetse avuga ko ntacyo bimutwate kubaho afite ubwoya bwinshi ahantu hose.

Uyu mukobwa yavuze ko yagiye muri iri shyamba kugira ngo yikureho igitutu cy’abamusaba kwiyogosha ubwoba bwose bumera ku mubiri ndetse no hafi yok u myanya ye y’ibanga.

Yagize ati “ubanza ndi mubi,nanduye cyangwa ndi umugore ushaje.Namenye ko abagabo bose badakunda abagore bafite ubwoya bwinshi ku mubiri,ariko narahiye ko ntazongera kwiyogosha.”

Abantu basaga ibihumbi 5000 bishimiye aya mafoto ye ndetse bayakwirakwiza hirya no hino ndetse uyu mugore yabaye icyamamare kuko abarenga ibihumbi 32 bamaze kumukurikira kuri Instagram.



uyu mugore yagiye kuba mu ishyamba kubera ko yanga kwiyogoshesha


Comments

gatare 16 January 2019

This world is mysterious.Reba nawe uyu mukobwa mwiza urimo kwiyangiza yibera mu ishyamba.Ubu se inzoka imuriye cyangwa ikindi gikoko?Aho gushaka umugabo akabyara abana akabarera,arimo kwiyangiza.Ntabwo Imana yaturemye kugirango tubeho uko dushaka.Dutandukanye n’inyamaswa.Yaduhaye icyo bita "Free will" (libre arbitre) idufasha guhitamo ikiza n’ikibi.Idusaba kuba muli Human Society.Ikindi idusaba,ni ukuyishaka dushyizeho umwete,ntitwibere mu byisi gusa.Nitubikora,izaduhemba kubaho iteka muli paradizo no kutuzura ku Munsi wa nyuma,niba natwe tuyishaka kandi tugakora ibyo idusaba nkuko Yohana 6:40 havuga.