Print

Kigali:Polisi yafashe Umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda

Yanditwe na: Martin Munezero 19 January 2019 Yasuwe: 16743

kuri uyu wa gatanu tariki ya 18/01/2019 i Nyabugogo Polisi yafashe umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda baramurekura arigendera ariko n’ubundi imodoka ikomeza gukwama.

Abantu benshi bashinja aba bamasayi kuba ari abarozi kuko batajya bacibwa mu mihanda kandi nabo bazunguza abandi bakibwira ko polisi ibatinya ariko byaje kugaragara ko bagendana amarozi.

Aba bamasayi bacuruza ibintu bituruka ku mpu birimo imikandara n’inkwegto zifunguye(Sandale) baturuka mu gihugu cya Tanzania ndetse akaba ari n’ubwoko burangwa n’amarozi cyane dore ko n’imyambarire yabo iba yihariye.

Tanzania ni igihugu kibarizwamo amarozi cyane dore ko ibyo kuraguza na zanyabingi byaje mu Rwanda biturutse muri icyo gihugu.

Src:Rwandatoday


Comments

theogene 23 January 2019

ndumva bintangaje abobanu nabarozi


haha 20 January 2019

uratubeshye. ntabwo ariho byaturutse . uzasome neza.


kaks 20 January 2019

Ahubwo se wowe utinyutse kubandikaho wagize ngo ibyawe byo biroroshye nyibisirizwa ivuzivuzi ubundi iyo ubibonye ufunga umudomo


gatera 20 January 2019

That is true.Ni amarozi aturuka ku Badayimoni.Ngirango benshi bajya babona ukuntu umuntu umwe afata imodoka ikanga kugenda.Cyangwa bamwe barya inzembe bakazimira ntibapfe.Amadayimoni arakora cyane.Yesu ubwe yahamije ko Abadayimoni babaho,kubera ko yajyaga abirukana mu bantu bakagenda.Abadayimoni ni "abamarayika" bigometse ku Mana,noneho Imana ibirukana mu Ijuru,baza hano ku isi.Byisomere muli Ibyahishuwe 12:7-10.Ariko Imana yateganyije igihe izakuraho Satan n’Abadayimoni be,hamwe n’abantu bose bakora ibyo itubuza.Soma Imigani 2:21,22.Nibwo isi izagira amahoro kandi ibibazo byose bikavaho,ndetse n’Urupfu.Soma Ibyahishuwe 21:4.Mujye mumenya ko Imana ikorera kuli Calendar yayo.Ku Munsi w’Imperuka,nibwo izahindura ibintu bishya.It is a matter of time.Aho kubipinga,shaka Imana cyane,we kwibera mu byisi gusa,niba ushaka kuzarokoka kuli uwo Munsi.Bisome muli Zefaniya 2:3.Tujye twiga neza Bible,tumenye ibyo ivuga.


polo 20 January 2019

That’s African culture man