Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa umwanzuro w’Abunzi b’Akagali ka Rurenge wo kuwa 16/5/2018 Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa gatandatu taliki 02/02/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara inzu ya Muvunyi Hamidu iri mu kibanza no UPI 5/07/07/04/403 giherereye mu Kagali ka Rurenge, Umurenge wa Mwogo, Akarere ka Bugesera, Intara y’Iburasirazuba.
Iyo cyamunara izabera aho umutungo uri. Uwakenera ibindi bisobanuro yahamagara kuri telefoni 0788515434
Me NSANZUBUHORO Jeacques
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA
ITANGAZO RYOSE RIRI HANO HASI