Gusa hari abahura n’ikibazo cy’uko na nyuma yo gushaka bakomeza kubana na za nshuti zabo za mbere kiubera amateka baba baragiranye umwe umwe ananirwa kwibagirwa.
Tega amatwi iki kiganiro “Rwubake nte” wumve umwe mubahuye n’iki kibazo n’uko wakwifata igihe uhuye n’iki kibazo.
Aho gukomeza gusambana nawe,wasaba Imana imbabazi ko wakoze icyaha.Ukibuka ko Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.