Print

Amafoto Yaciye Ibintu:Vladmir Putin Perezida w’Uburusiya yeretse Trump ko ashoboye akubita abantu 10 muri Karate avunika n’urutoki[AMAFOTO+VIDEO]

Yanditwe na: Martin Munezero 18 February 2019 Yasuwe: 5755

Vladmir Putin ni umwe mu Baperezida b’Ibihangange hano ku Isi ya Rurema batinyitse , ari mu bantu kandi bavuga rikijyana nta kumuhakanya, Putin muri rusanga usanga aba ahanganye na Petezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump,baterana amagambo y’urudaca.

Mu minsi yashize Donald Trump yahamije ko adatinya uburusiya kandi ntanatinya umusaza ubuyobora, byaje kandi aho umyganga wa Donald Trump yahamije ko Trump adahagaze neza mu buzima bwe kubera ko ari kugenda abyibuha cyane .

Imyitozo ya Vladim Putin yamaze hafi Isaha yose (60Min) ari gutera ingumi ,aha yaje no kuhura n’ikirangirire mu gutera ingumi ,Natalia Kuzyutina , uyu mukobwa yaje no kwegukana imidali ya Olempike,ari muri bamwe batinyitse cyane mu Burusiya.


Comments

gatare 18 February 2019

Uyu mugabo ashobora kuzateza intambara ya 3 y’isi.Muribuka Hypersonic Missiles aherutse kwereka isi yose.Nizo ntwaro zikomeye kurusha izindi zose ku isi.Imwe abanyamerika bise SATAN 2 kubera kuyitinya,ishobora gutwika igihugu kingana n’Ubufaransa mu kanya gato.Amahirwe tugira nuko Imana icungira hafi kugirango izabuze ibihugu bifite atomic bombs kurimbura isi yiremeye.Nkuko Bible ivuga,Imana izabatanga,itwike intwaro zabo,irimbure n’abantu bose bakora ibyo Imana itubuza.Ibyo bizaba ku munsi w’imperuka bible yita Armageddon kandi uwo munsi nturi kure.