Print

IGICE CYA I:Vestine yasobanuye igishobora gutuma intanga z’umugabo ziba amazi n’igishimisha umugabo mu gihe ari gutera akabariro n’umugore we-MWUMVE HANO

Yanditwe na: Martin Munezero 19 February 2019 Yasuwe: 14451

Vestine ufite ikiganiro kuri Radio imwe hano mu Rwanda kiba mu masaha y’ijoro agiye kuzajya akorana n’ikinyamakuru UMURYANGO biciye kuri Channel yacu ya Youtube ’UMURYANGO TV’ aho tuzajya tubatambukirizaho inyigisho ze zifasha abashakanye mu kubaka umuryango nyarwanda ku bijyanye n’imyororokere,kuri iyi nshuro yavuye imuzi ku bijyanye n’icyatera umugabo kuba yagira intanga z’amazi.

Muri iki kigisho akaba yagiye acishamo n’ijwi ry’umugore uburyo aba ataka iyo yaryohewe mu gihe cyo gutera akabariro ndetse n’amagambo aba avuga bitewe n’ibyishimo biba byamurenze by’igitsina cy’umugabo ayo magambo ari nayo atuma umugabo ahora yifuza umugore we.

KURIKIRANA IKIGANIRO CYA VESTINE MU BURYO BURAMBUYE MURI VIDEWO IRI HASI


Comments

ermu david 19 June 2021

Vesti amakuru yawe ni ermu david nukurinkunda ibiganiro byawe ppppe biranyubaka cyane mfite icyibazonshaka kukubaza uduherituzakugitsina duterwa nicyi turavurwatugacyira murakoze turabakunda mugire umunsi mwiza


muvunyi 20 February 2019

uyu mugore n"umutekamutwe? ibyo yabyigiyehe? ubu afite uburenganzira bwogufungura ivuriro? ubu nusambo bwadutse! bwo kwiba abanyarwanda! uyu ntiyahoze ari umunyamakuru kuri Flash?


mussa 20 February 2019

Mumbabariye mwampuza na vestine pe my Whastup nbr is +260978104116


kgl 19 February 2019

Ntago aribyo ntago bijyana numucyo nyarwanda ni gute abana mutabaza ibibi koko