Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 01/03/2019 guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa HARERIMANA Claude na MUJAWAMARIYA Julienne uherereye mu Kagali ka Kagasa Umurenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro ngo harangizwe urubanza rw’ubutane.
Ku bisobanuro birambuye soma itangazo riri hano hasi:
UKENEYE IBINDI BISOBANURO YABARIZA
KURI : 0788420923/0782710883