Print

’Nta mafaranga Nta mugore’Kanyombya araburira abasore

Yanditwe na: Martin Munezero 24 February 2019 Yasuwe: 2879

Umunyarwenya Kayitankore Njoli uzwi nka Kanyombywa ni umwe mu bakinnyi ba filime nyarwanda bamaze kugira uruhare runini mu iterambere ryayo kubera urwenya agira ndetse n’uburyo yitwara muri sinema.

Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru kanyombya yagarutse kubasore b’ikigali basigaye barebera kuri bagenzi babo bakoze cyera bakabona amafaranga bakubaka ingo zabo aho yababwiye ko gushaka atari imikino ahubwo bisaba kubikorera.

Yagize ati “ Ntamafaranga ,Ntamugore [ Niba udafite amafaranga ntuzashake]”

Yakomeje avuga ko ababazwa cyane n’abasore basigaye bashaka ntabushobozi bafite ahubwo babitewe nuko bagenzi babo babikoze,ibintu yise kugendera mu kigare aho yabasabye ko bareka iyo ngeso kuko benshi bajya no kurongora usanga bagikodesha aho yababwiye ati “akazi ukora uba uzi ko uzakarambaho ko ejo cyangwa ejo bundi bakwirukana ukandavura.”?

Yasoje asaba abasore kutegendera mu kigare cyo gushaka kuko ibibazo ushobora guhuriramo nabyo bishobora kuzagira ingaruka mbi ku bana uzabyara.


Comments

kalisa 24 February 2019

kanyombya we urikanyombya Koko nonese bakubwiye ko abakodesha se nitwe bakene hakodesha aba kire ikindi wowe kufite umudamu urakuze? wica intege abasore ibintu namafaranga nibihahwa