Print

Umuhanzikazi Nyarwanda Princess Priscillah yashyize hanze ifoto avuga ko yarigiye gutuma avunika umugongo asaba abantu kuyibika muri Telefone zabo[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 25 February 2019 Yasuwe: 7928

Yagize ati: "Iyi foto yari igiye gutuma nturika umungongo nyifata. Mwihangane muyishyire mu matelefoni yanyu cyangwa basi mumbeshye ko mwabikoze..."

Iyo niyo foto ngo yari igiye gutuma Priscillah aturika umugongo

Nyuma yo kumenyekana mu ndirimbo zitandukanye nka: icyo mbarusha, na na na, biremewe, nka paradizo n’izindi, uyu munyarwandakazi usigaye ukorera muzika ye muri Leta zunze ubumwe za Amerika ntakigaragara cyane mu ruhando rwa muzika gusa akaba ataranatangaza ko yawuhagaritse.