Iyi nzu niyo iri kugurishwa mu cyamunara
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 07/03/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa NKIZINKIKO APPOLINAIRE uherereye mu mudugudu wa Rukeri akagali ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo ngo harangizwe urubanza HAKIZIMANA FIDELE yatsinzemo uwitwa NKIZINKIKO APPOLINAIRE.
Icyamunara kikazabera aho uwo mutungo uherereye.
Ku bisobanuro wahamagara 0788357831/0785109745. Soma itangazo ryose hano hasi