Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki ya 07/3/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara ku nshuro ya 2 umutungo utimukanwa ugizwe amashyamba wa NYIRIMBIBI Elie uherereye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Bwisige, Akagali ka Nyabushingitwa , Umudugudu wa Nyagatoma kugira ngo harangizwe urubanza no RP00235/2016/TB/KCY rwo kuwa 22/7/2016.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788617268